![]() |
Nnde wishe Shireen Abu Akleh |
Igisirikare cya Israel cyanzuye ko "bishoboka cyane" ko umwe mu basirikare bacyo ari we wishe uyu munyamakuru , wari ufite ubwenegihugu bwa Palestine n’ubw’Amerika.
Uyu munyamakuru wa Al Jazeera, wari umaze igihe muri uyu mwuga, yarashwe mu mutwe mu kwezi kwa gatanu ubwo yari arimo gutara amakuru ku gusaka mu karere kigaruriwe na Israel ka West Bank.
Ibi igisirikare cya Israel cyatangaje, ni ho hafi cyane kigeze ku kwemera ko ari cyo cyamwishe.
0 comments:
Post a Comment