Nzindukiyimana Jeremie n'umukobwa witwa Byukusenge Claudette barashinja Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'umurenge wa Mbazi Uwimabera Clemence kuba yaranze kubasezeranya kandi bari bujuje ibisabwa, ibi bikaba byarabateje igihombo cy’amafaranga bikanabasebya mu bandi baturage.Tariki 30 Nyakanga 2020 nibwo aba bageni bavuga ko bangiwe gusezerana ku biro by'umurenge wa Mbazi ubwo bari baturutse mu
from Urwego News https://ift.tt/3fvTfRq
via http://www.urwego.com
Thursday, August 6, 2020
Huge: Gitifu arashinjwa kwanga gusezeranya abageni akabateza igisebo n'igihombo
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
0 comments:
Post a Comment